Amateka ya nyakubahwa paul kagame biography

  • Paul Kagame ni Perezida wa 5 wa Repubulika y'u Rwanda kuva 2000.
  • HomeIjambo Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yagejeje ku bitabiriye inama nkuru yiga ku ikoreshwa ry'inkunga.
  • Banyacyubahiro mwese muri.
  • Ijambo rya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame ku munsi wo Kwibuka kunshuro ya 17 kuri Stade Amahoro, ku ya 7 Mata, 2011

    • Banyacyubahiro mwese muri hano,
    • Abavuye mu bihugu duturanye, n’ibindi byo hirya no hino by’inshuti, n’abahagarariye ibihugu byabo;
    • Ndagira ngo mvuge abashyitsi bahagarariye Inteko Ishinga Amategeko muri uyu Muryango w’Ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba duhuriyemo;
    • N’abandi bashyitsi b’inshuti z’u Rwanda bari hano.
    • Banyarwanda mwese, ari abari hano ari n’abatashoboye kuza hano, ariko nzi ko turi kumwe; nagira ngo mbasuhuze kandi mbashimire kuza kwifatanya natwe kuri uyu munsi.

    Uyu munsi byavuzwe bihagije ,birazwi, ni umunsi wo kwibuka . Kwibuka ku nshuro ya cumi na karindwi. Tuzibuka n’ubugira ijana, n’ibirenga.Kwibuka ni ngombwa. Iyo utibuka nawe uriyibagirwa. Iyo utibuka, ibibi birasubira. Niko gaciro k’uyu munsi, ko kwibuka, ndetse tukibuka dushingiye nkuko byavuzwe, ku kuri. Tukibuka twiha agaciro, cyane cyane kwiha agaciro igihe twakabujijwe cyangwa se igihe twakiyimye. Twebwe Abanyarwanda hari aho twibujije agaciro. Aha mbere twakibujije ako gaciro ,ni uko twemereye n’abandi bakakatwima tukabyemera.

    Uyu munsi rero ibyibukwa ni byinshi, ibibabaje ni byinshi. Ariko aya magambo yombi akubiye muri iyi nsanganyamatsiko, afite byinshi akubiyemo na byo t

    Ange Kagame

    Ange Kagame ni umwana wa kabiri akaba n'umukobwa w'ikinege wa Paul Kagame, perezida w'u Rwanda. Yagize uruhare mu mpamvu zirimo kongerera ubushobozi abagore, uburezi, no guca ubukene, ndetse n'ubukangurambaga bukingira imbaga. Yashakanye na Bertrand Ndengeyingoma[1] bakaba barabyaranye abana babiri b'abakobwa, [2] Ange Kagame akaba afite inshingano zo kuba umuyobozi wungirije w’Akanama gashinzwe Ingamba na Politiki za Leta mu Biro bukuru bya Perezida w'Igihugu.[3][4]

    Ubuzima bwambere nuburere

    [hindura | hindura inkomoko]

    Ange Kagame yavutse ku ya 8 Nzeri 1993 i Buruseli mu Bubiligi. Se ni Paul Kagame, Perezida wa gatandatu wa Repubulika y'u Rwanda kandi akaba n'umuyobozi w'ishyaka ryinshi ry’u Rwanda rishinzwe gukunda igihugu. Nyina Jeannette Nyiramongi ni umudamu wa mbere wa Repubulika y'u Rwanda. Nk'umukobwa w'imfura wa perezida wa Repubulika y'U Rwanda Paul Kagame afite imbaraga zisanzwe n'imbaraga zidasanzwe kandi zikomeye.

    Ange Kagame yarangije amashuri ye mu mahanga kandi ntiyigeze aboneka mu ruhame mu bwana bwe bwose kubera umutekano n’ibanga. Yize mu ishuri rya Dana Hall, ishuri ryigenga riherereye i Wellesley, muri Massachusetts muri Amerika. Yize muri Smith College aho yize ibijyanye na siyanse ya politi

  • amateka ya nyakubahwa paul kagame biography
  • Ijambo Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yagejeje ku bitabiriye inama nkuru yiga ku ikoreshwa ry’inkunga

    Busan, kuwa 30 Ugushyingo 2011

    Nyakubahwa, Gladness Myung-Bak, Perezida wa Repubulika ya Koreya;
    Nyakubahwa Meles Zenawi, Minisitiri w’Intebe wa Etiyopiya
    Nyakubahwa Ban Ki-moon, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye;
    Nyakubahwa Mountaineer Clinton, Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika;
    Nyir’icyubahiro Rania, Umwamikazi wa Yorudaniya;
    Ba Nyakubahwa muhagarariye ibihugu bitandukanye
    Ba Minisitiri;
    Namwe mwese muteraniye hano:

    Nishimiye kuba ndi hano uyu munsi, nkafatanya namwe muri ibi biganiro bigamije gushaka uburyo inkunga zakoreshwa neza nk’imwe mu nkingi z’ iterambere rirambye.

    Birakwiriye rwose kuba iki kiganiro kibereye muri Koreya kuko mu myaka mirongo itanu ishize, cyari igihugu kibeshwaho n’inkunga none ubu ni igihugu cyateye imbere mu by’inganda ndetse gifasha ibindi bihugu kwiteza imbere. Ibihugu by’Aziya byinshi nabyo byanyuze muri iyo nzira.

    Muri icyo gihe n’ubundi, miliyari zigera ku gihumbi z’amadorari y’Amerika z’inkunga zahawe Afurika. Ariko umusaruro w’umuturage uyu munsi uri hasi ugereranyije no mu w’1970, kandi kimwe cya kabiri cy’abaturage (bagera kuri miliyoni 500) babaho mu bukene. Kuri uwo muvuduko ibihugu byinshi by’Afurika ntib